in

Mu mafoto aryoheye ijisho reba Denis Rwema umujyanama Shaddy Boo asezerana imbere y’amategeko

Mu mafoto aryoheye ijisho reba Denis Rwema umujyanama Shaddy Boo asezerana imbere y’amategeko.

Denis Rwema wabaye umujyanama w’abahanzi batandukanye barimo Urban Boys, Charly, umuyobozi wa The Mane Music, akaba anakorana bya hafi na Shaddyboo, yasezeranye mu mategeko.

Kuri uyu wa Kane tariki 15 Ukuboza 2022, ni bwo Rwema yasezeranye na Uwase Faith aherutse kwambika impeta nyuma y’imyaka itatu bakundana.

Rwema Denis na Uwase basezeraniye mu karere ka Gasabo mu biro by’umurenge wa Remera.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inyoni y’imyaka 71 ikomeje guca uduhigo twinshi 

Umutoza w’ikipe ikomeye hano mu Rwanda yamaze gutandukana n’iyi kipe kubera ubuyobozi bwayo