in

Mu kanya gashize abakirisitu bagiye gusenga basanga abayobozi b’urusengero barenda gufatana mu ijosi -Amafoto

Mu gitondo cyo kuri iki cyumweru, mu rusengero rwa Blessing Church ruherereye Mbugangari mu murenge wa Gisenyi mu karere ka Rubavu havutse imvururu hagati y’abayobozi barwo.

Gusa bivugwa ko izo mvururu zishingiye ku makimbirane ari hagati yabo bituma ubuyobozi bw’umurenge wa Gisenyi buri kumwe na Police  barufunga.

Urwo rusengero rukimara gufungwa abakiristo bari baje kuhateranira aho bahise bataha badateranye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Habaye impanuka y’imodoka itwara abagenzi hafi ya bose barakomereka umwe ahasiga ubuzima -Amafoto

Ikipe yo mu Burundi yanze gukurikiza amategeko agenga imyambaro bagomba kwambara mu kibuga ihita ihanwa by’intangarugero