in

NdabikunzeNdabikunze NDASETSENDASETSE

Mu ibanga rikomeye Shazz wafungishije Davis D yasuwe na wa muhanzi wamwihebeye.

Mu cyumweru gishize ni bwo inkuru yasakaye hirya no hino ko Kayesu Shalon (Shazz) wamamaye ubwo yafungishaga abarimo Davis D asigaye ari mu rukundo n’umuhanzi Ykee Benda kuri ubu biravugwa ko yamusuye muri iyi weekend ishize.

Amakuru dukesha abakurikiranira hafi iby’imyidagaduro, aravuga ko ku wa Gatanu tariki 24 Nzeri 2021, Ykee Benda yamanutse akigira i Kigali kureba uyu mukunzi we mushya.

Ngo aba bombi kandi basohokeye muri Hoteli iri mu zikomeye mu Mujyi wa Kigali ubundi bagirana ibihe byiza.

Ni ku nshuro ya mbere bari babonanye amaso ku maso kuva batangira gukundana dore ko ngo urukundo rwabo nta gihe kinini ruramara.ndetse bat

Sharon uri mu rukundo na Ykee Benda yatangiye kwamamara ubwo yavugwaga mu rubanza rwarezwemo Davis D, Kevin Kade n’umufotozi witwa Thierry.

Bashinjwaga kumusambanya kandi ataruzuza imyaka y’ubukure. Baje kugirwa abere bararekurwa.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mashami Vincent yahamagaje abakinnyi azifashisha bacakirana na Uganda.

Umugore yabereye ibamba umugabo we washakaga kumwirukana ||Dore uko byagenze.