in

Mu Cyumweru gitaha arasesekara i Nyarugenge! Jojea Kwizera ukina mu ikipe yo muri USA, yemeye gukunira ikipe y’igihugu Amavubi

Jojea Kwizera ni umusore w’imyaka 25 ukina mu cyiciro cya mbere muri USA mu ikipe ya Rhode Island FC, ari mu bakinnyi bategerejwe kuba baza mu Mavubi.

Mu mukino baherutse gukina wa shampiyona, uyu musore wambara nimero 17 w’iyi kipe, umunyarwanda yaramwegereye agira ati “Rwanda, Rwanda” Kwizera nawe musubiza ati “ Go Go Go”

Kwizera Jojea yavukiye muri RD Congo, kuri se w’umunyarwanda ndetse na Nyina ukomoka muri Congo, yakiniye amakipe nka CF Montréal na Ogden City zo muri Amerika.

Ibyangombwa nibyo bitegerejwe mu mpera z’icyumweru gitaha ubundi akaza mu ikipe y’igihugu Amavubi.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakuru Lorenzo uzwi mu makuru y’imikino yarohamye muri yanyanja ihangayikisha benshi

Ikora utuntu twayo yiturije ! Gikundiro yacunze abandi bose barangaye ijya kurobanura umwiza muri shampiona ya Uganda