in

Mu burakari bwinshi, Haruna Niyonzima yasubije abavuga ko ashaje – VIDEWO

Haruna Niyonzima umaze umunsi umwe asinyiye Rayon Sports, yasubije abakomeje kuvuga ko ashaje.

Mu burakari bwinshi, ubwo Haruna Niyonzima yari asoje imyitozo ya mbere mu Nzove, yavuze ko imyaka atariyo ikina mu kibuga, akomeza avuga ko umupira w’amaguru uzatanga ukuri.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umunya-Uganda Gift Fred mu muryango usoka muri Yanga Africans aje muri APR FC nk’intizanyo

Umunyamakuru wakoreraga RBA ‘Televiziyo Rwanda’, yatorewe kuba Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda