Turahirwa Moses washinze inzu y’imideli ya Moshions imaze kwamamara ku isi hose, nyuma y’iminsi mike agarutse mu Rwanda akubutse mu Butaliyani aho yari ari kwamamaza iyi nzu y’imideri yaciye amarenga yo kuzana Rutahizamu w’Ubufaransa na PSG Kalyan Mbappe mu Rwanda.
Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga Moses yagize ati”Sinjye uzarota ndi kuyobora Kylian Mbappe muri Kwanda Season 1 “
Mu 2020 Moses wa Moshions yagizwe ambasaderi w’ikipe ya PSG Mbappe akinamo na Sosiyete ya All binyuze mu masezerano u Rwanda rwasinyanye n’iyo kipe yo kwamamaza gahunda ya ‘Visit Rwanda’.