in ,

Miss Keza Joannah aratwite (amafoto)

Nkuko mubizi Miss Bagwire Keza Joannah aherutse gukora ubukwe n’umusore witwa Murinzi Michael, abo bombi bakaba bitegura kwakira umwana wabo w’imfura nkuko bigaragazwa n’amafoto mashya yagiye hanze ya Keza Joannah aho bigaragara ko atwite.

Ku munsi w’ejo mucuti wa Keza Joannah ariwe Flora akaba ariwe bwa mbere washyize ahagaragara ifoto igaragaza Keza Joannah atwite gusa nyuma na Keza Joannah ubwe yaje kuyishyira kuri Snapchat.

Byumvikana ko rero ibi ari ibyishim bigeretse ku bindi kuri Keza Joannah n’umugabo we, aho nyuma y’igihe gito bashakanye bari kwitegura kwakira imfura yabo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa w’ikizungerezi ku myaka 37 arashaka umugabo uzajya amutekera akanakora amasuku||benshi byabasekeje.

Gendera kure ibi bintu kuko byashyira mu kaga umugongo wawe.