The Ben n’umwe mu bahanzi nyarwanda bakunzwe cyane by’umwihariko uyu muhanzi akaba yaragaruriye imitima y’abakobwa batari bake kubera ijwi rye. Miss Keza Joannah na Flora bakaba baraye bagaragaje ko nabo bikundira ijwi ry’uyu muhanzi bidasubirwaho.
Muri Video ya Joannah na Flora bashyize kuri Snapchat bakaba bagaragara bari kubyina ndetse na ririmba indirimbo Habibi ya The Ben ubona banezerewe cyane. Nkuko bigaragara muri iyo video Flora na mucuti we Joannah ni abafana bakomeye ba The ben byumwihariko b’indirimbo Habibi kuko baba bayisubizamo ubutitsa muri iyo video yabo
Irebere uburyo Joannah na Flora babyina indirimbo Habibi ya The Ben
https://www.youtube.com/watch?v=0ugFQOhl0_U&feature=youtu.be
Ariko izi ndaya namwe murazirata cyane. Ubanza hari akantu ziba zabateye ngo muzivuge.