in ,

Miss Akiwacu Colombe yambaye Bikini abantu baravugishwa (amafoto)

 

 

miss-colombe-horz

Mu mwakwa wa 2014 Mu maso y’abaturage b’ibihugu bisaga 100 byari bikurikiranye Televiziyo hatorwa Miss Supranational ,Miss Umwali Neema  wari uhagarariye u Rwanda  yanze kwambara Bikini nk’uko bagenze be basaga 70 bari babigize icyo gihe ku babyibuka yakenyeye  umwitero akimbagira gitore ntacyo yishisha.

Ibi kandi yakoze nibyo byari byakozwe na Miss Mutesi Aurore mu mwaka wa 2013 kuko nawe yanze kwambara utu twenda two kogana ,abikorera icyo yise indangagaciro z’abanyarwanda nyamara bamwe baramwikomye bavuga ko iyo azakwambara Bikini yari kwegukana iri kamba .

Muri uyu mwakwa wa 2016 uwaserukiye u Rwanda muri iri rushanwa rya  Miss Supranational ni Miss Akiwacu Colombe wabaye Miss Rwanda mu mwaka wa 2014,we ntacyo yikanga yanazemo utwenda two kogana ,tugaragaza ikimero cye aho kiva kikagera maze ajya imbere y’amaso y’abantu ibihumbi n’ibihumbi.

Dore uko yari yambaye

miss-colombe

miss-colombe
b0b742f9-dfb8-43c2-a21c-fbb59cc003c3
miss-colombe

Uku niko Miss Aurore yari yambaye muri 2013
Uku niko Miss Neema yari yambaye muri 2014 ubwo yari muri iri rushanwa

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
2 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
kgb
kgb
7 years ago

Bravo Colombe. Niba ugiye kurushwana ugomba kurushanwa nta kuzana ibyo b’inka yarebye ngo nta munyarwanda wambara Bikini. Neema yatinye kuyamba ngo batabona inda ye yari imeze nk’iy’umugore ubyaye kabiri naho Kayibanda Aurore yatinye kuyamba ahisha amatako ye. Ibyo byose birazwi.

tressi
7 years ago

erega uzarebe akenshi abakobwa birabura cyane bagira ipfunwe rero urabona ko colombe ajya gusa nabandi bahanganye bitandukanye nibyabo bamubanjirije

Cristiano Ronaldo yafotowe ari gusomana bikomeye n’umukobwa mu mihanda ya Paris (amafoto)

Biratangaje: Ifungwa ry’umukinnyi ukomeye muri Fc Barcelona ryahangayikishije abatagira ingano