in

NdababayeNdababaye

MINEDUC isubije ba banyeshuri bavugaga ko batishimiye amanota bagize mu kizamini cya Leta.

Nyuma y’aho bamwe mu banyeshuri bakoze ibizamini bya leta bisoza amashuri yisumbuye bagaragaje ko batishimiye amanota babonye ndetse bagasaba ko ikibazo cyabo cyakurikiranwa bakarenganurwa,kuri ubu  Minisitiri w’Uburezi ,Dr Uwamariya yavuze ko nyuma y’ubugenzuzi bumaze iminsi bukorwa, byagaragaye ko nta kibazo cyabaye mu mikosorere.

Umva igisubizo yatanze mu mashusho akurikira:


Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ruhango : Umugabo yanywesheje inzoga indaya bari bamaze gutera akabariro abura ayo kwishyura, arakubitwa agirwa intere.

Amagambo Miss Mutesi Aurore yavuze yibuka musaza we witabye Imana