Imyidagaduro
Mico The Best yageneye abanyarwanda ubutumwa bwihariye bujyanye n’ibihe byo Kwibuka (video)

Mico The Best benshi bamenyereye mu buhanzi bw’indirimbo mu njyana ya Afro beat, aratangaza ko nyuma y’imyaka 22 Genocide yakorewe abatutsi ibaye asanga abanyarwanda bayirokotse ndetse n’abavutse nyuma yayo bakwiriye kugira uruhare mu bikorwa biganisha ku cyerekezo cya 2020.
Mu butumwa bwihariye nk’umuhanzi yahaye abanyarwanda ubwo yaganiraga na YEGOB, nyuma y’imyaka 22 Genocide yakorewe abatutsi ibaye ,Mico the best asanga hari aho u Rwanda rumaze kuva ariko agasanga hakiri intambwe nanone ikenewe guterwa ikubiyemo n’icyerekezo cya 2020 gikeneweho uruhare rw’abatuye u Rwanda kugira ngo babashe kuyigeramo neza uko bikwiriye.
Mico The best asanga kandi bitareba abato gusa ahubw binareba n’abakuze ingeri zose kugira ngo iyi ntego uru Rwanda rwihaye ibashe kugerwaho.yagize a&â€Numva ubutumwa nagenera abanyarwanda muri rusange ari uko twakibuka ariko tugakomeza twiyubaka ,ariko nanone icyo nashyira imbere nuko intumbero u Rwanda rwihaye ya viziyo(soma Vision)2020 urubyiruko ndetse n’abashesha akanguhe bafatanya n’ubuyobozi kugira ngo tubashe kuyigeraho â€
Rebe ubutumwa Mico The Best yageneye abanyarwanda muri ibi bihe turimo byo Kwibuka ku nshuro ya 22
Subscribe
Login
0 Comments
-
Inkuru rusange14 hours ago
Nyuma yo gusezera kuri RBA, Tidjara yerekanye igitangazamakuru agiye gukorera
-
inyigisho15 hours ago
Bimwe mu bintu by’ingenzi ukwiye gukora niba wifuza kubona umukunzi ugukunda by’ukuri.
-
Imyidagaduro21 hours ago
Social Mula yikomye Bruce Melodie amuziza kwishyira hejuru nyuma yuko yitiriwe ISIBO TV
-
Imyidagaduro22 hours ago
Diamond Platnumz yaraye asebereje Tanasha Donna imbere y’abafana be
-
Imyidagaduro12 hours ago
Marina yavuze ku rukundo rwe na Nizzo Kaboss
-
Imyidagaduro10 hours ago
Gafotozi Plaisir Muzogeye yerekanye urukundo we n’umuryango we bakunda umwana wabo muto banamwifuriza isabukuru nziza y’amavuko
-
Imyidagaduro7 hours ago
Miss Grace Bahati yahishuye impamvu yatandukanye na K8 Kavuyo anavuga icyo akundira umukunzi we mushya.
-
Imyidagaduro10 hours ago
Umuhanzikazi nyarwanda Azina wakoranye indirimbo na Christopher agiye kurushingana n’umukunzi we (AMAFOTO+VIDEO)