in

Meddy na Mimi batangiye gushyira igorora abafana babo

Ku munsi w’ejo tariki ya 15 Nzeri 2021 nibwo Meddy yatangiye gahunda yo kujya asangiza abakunzi ndetse n’abafana be inkuru y’urukundo rwe n’umugore we, Mimi. Ni nyuma yuko abafana babo benshi bari bamaze igihe babasaba ko bazabasangiza inkuru y’urukundo rwabo.

Muri videwo ya mbere Meddy yashyize hanze abinyujije kuri YouTube channel ye yasobanuye ukuntu yahuye n’umugore we bwa mbere n’ukuntu byabanje kumugora ubwo yamusabaga ko yajya ku mashusho y’indirimbo ye « Ntawamusimbura ». Medey yavuze ko ntawundi mukobwa yari gukoresha mu mashusho y’indirimbo Ntawamusimbura kuko yasanze Mimi ariwe ukwiye kuyajyamo kuko yari yamaze kumukunda.

Meddy na Mimi batangiye gusangiza abafana babo inkuru y’urukundo rwabo

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyo Riderman yatangaje ku bana be b’impanga.

INYANA NI IYA MWERU: Umwana wa Mukunzi Yannick yatangiye gukina umupira w’amaguru (Amafoto)