in

Ibyo Riderman yatangaje ku bana be b’impanga.

Umuhanzi Gatsinzi Emery wamamaye nka Riderman mu buhanzi n’umugore we Miss Agasaro Nadia Farida baherutse gutangaza ko bibarutse impanga, uyu muhanzi akaba yatangaje ko abana be b’abakobwa bamaze kuzuza amezi atatu bavutse ,ndetse yongeraho utumenyetso twurukundo.

Aya mafoto y’izi mpanga z’abakobwa zimaze amezi atatu zivutse zamaze guhabwa n’amazina aho umwe yahawe izina rya Kamba undi akitwa Randa.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibizakwereka umusore wamaze guhararukwa umukobwa bakundana.

Meddy na Mimi batangiye gushyira igorora abafana babo