in

“Mbega ikigare tugenderamo” Dore ubusobanuro bwo kubaka inzu zifite urusenge rurerure (kadasiteri) 

Akenshi muri Africa dukunze kwigana imico y’abandi cyane cyane iyo mu bihugu byateye imbere nka America, ubwongereza, Espagne n’ibindi.

Usanga ibintu byinshi dukore tuba twabikopeye muri ibyo bihugu kandi nyamara tutazi impanvu babikora, twavuga nko kubaka inzu zifite ibisenge birebire (kadasiteri).

Ubushakashatsi bwagaragaje ko impanvu muri biriya bihugu bubaka izi nzu ari uko habayo ubukonje bwinshi, bakaba bagira ngo ubukonje bwokujya bumanuka cyane ngo bubagereho.

Muri Africa inzu twakabaye twubaka ni konoshi, kuko ho ntabukonje bwinshi buhaba.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Tangira ubikore! Ngibi ibyiza byo gusomana mu gitondo ukibyuka

Umwana na se! Umuramyi Gentil Misigaro yagaragaye ari gutembera n’imfura ye (AMAFOTO)