imikino
Manchester United yaba iri muri gahunda yo kugura undi mukinnyi uhenze kurusha Paul Pogba

Muri iyi Mercato irarangira uyu munsi ikipe ya Manchester United yakoze amateka ugura umukinnyi Paul Pogba akabayabo ka miliyoni 105z’amayero gusa ariko noneho ngo irashaka kongera guca aka gahigo igura undi mukinnyi uhenze kurusha Pogba.
Nkuko ikinyamakuru cyo mu Bwongereza, dailystar kibatingaza ngo Man U yaba ari kwitegura kugura rutahizamu wa Real Madrid, Gareth Bale kuri miliyoni zirenga 120 z’amayero ibyo byose ariko ngo ikba yazabikora umwaka utaha.
Daily Star ikaba ikomeza ishamingira ko Jose Mourinho yifuza bikomeye umukinnyi Gareth Bale aho bivugwa ko yamaze no gutegura uburyo bwo kumutereta ngo yemera kuva muri Real Madrid yerekeza muri Man U (ubwo buryo ntabundi rero ngo nukumwumvisha ko kujya muri Man U bizatuma ahinduka kizigenza w’ikipe bityo yiyongere amahirwe yo gutwara Ballon D’Or, bitandukanye nuko muri Real byifashe aho Bale akora Cristiano akaba ariwe usingizwa.)
-
inyigisho21 hours ago
Musore mwiza tereta nakubwira iki ariko umenye ko ibi bintu bikurikira abakobwa babyanga urunuka ubyirinde utazisama wasandaye
-
Imyidagaduro23 hours ago
Fred Lyon wamamaye mu kwambika ibyamamare bitandukanye yambitse impeta umukobwa w’umwarabukazi wamwemereye ko azamubera umugore (AMAFOTO)
-
Imyidagaduro23 hours ago
Nubwo Emmy na Fiancée we batubeshye ko yamutunguye, burya aho ibirori byabo byabereye harenze kure ibya Meddy(AMAFOTO).
-
Imyidagaduro14 hours ago
Abanyarwandakazi babica bigacika kubera uburanga bwabo bukurura abagabo bukanabinjiriza agatubutse(AMAFOTO)
-
Inkuru rusange13 hours ago
Rwanda:Umugeni yafashe fiancé we asambana n’undi mukobwa ubukwe bwabo buhita bupfa.
-
Imyidagaduro17 hours ago
Amafoto y’abastar nyarwanda yaciye ibintu kuri instagram muri iki cyumweru
-
inyigisho11 hours ago
Waruziko gutera akabariro kenshi birinda indwara nyinshi harimo n’izikomeye? Sobanukirwa!
-
Ikoranabuhanga21 hours ago
WhatsApp yatanze ikindi gihe ntarengwa izatangiriraho gushyira mu bikorwa amavugurura yabo mashya.