in

Manchester City yakanze ahababaza ikipe ya Arsenal iyoboye urutonde rwa shampiyona

Mu mukino waraye ubaye mu ijoro ryakeye ikipe ya Manchester City yaje gutsinda ikipe ya Arsenal igitego kimwe ku busa mu irushanwa ry’igikombe cya FA Cup.

Byasabye iminota 64 gusa ngo bibe bihagije Nathaniel Aké wa Manchester City abe ateretsemo igitego ari nacyo rukumbi cyabonetse muri uyu mukino wa 1/4 cya FA Cup mu Bwongereza.

Iyi Manchester City ni iya kabiri ku rutonde rwa shampiyona, aho ikurikira ikipe ya Arsenal iyoboye urutonde dore ko irusha iyi Man City amanota 5, gusa bombi bazahura imikino 2.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Shaddy Boo yakoze igikorwa cy’ubutwari nyuma y’inkuru imaze iminsi y’abana 2 basigaye mu nzu bonyine kubera ko Mama wabo yafunzwe azira amafaranga 1,000Frw

Urukiko rwamutegetse kwishyura umusore yabenze amafaranga y’ishuri yose yamwishyuriye ndetse n’indishyi z’akababaro