in

Mama Sava ahishuye urukundo rwe na Ndimbati||Yambitswe impeta

Umunyana Annalisa wamenyekanye nka Mama Sava muri filime ya Papa Sava yahishuye uburyo yari inshuti ikomeye ya Uwihoreye Jean Bosco wamenyekanye nka Ndimbati muri iyi filime bahuriragamo.Uyu Mama Sava akaba yatangaje ko kuri we ntawamusimbura.

Ni mu kiganiro yagiranye na Yago TV Show aho yagarutse kuri Ndimabti bakinanaga filime , maze avuga ko yari inshuti ye cyane.Yagize ati “Ntawamusimbura Ndimbati muri Papa Sava ,Ndimbati yari inshuti yanjye cyane ku buryo yandwazaga ndwaye, akamba hafi cyane ni nayo mpamvu byananiye kubyakira”

Yakomeje avuga ko afite umukunzi ndetse wanamwambitse ko mu minsi mike azashyira hanze ibyabo byose.Yagize ati”Cheri wanjye yanyambitse impeta kandi ndamushimira kuko arabizi ko mukunda ,ni we wanjye kuko vuba tuzababwira uko byifashe.”‘

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugore yaroze umwana we w’umukobwa arapfa abitewe n’impamvu ibabaje

Nyuma y’imyaka 11 bongeye gukora amateka