in

Nyuma y’imyaka 11 bongeye gukora amateka

Nyuma y’igihe cy’imyaka 11 Ac Milan iri mu makipe akomeye mu gihugu cy’ubutaliyani yongeye kwisubiza ikuzo ku ruhando rw’isi.

AC Milan yari ikipe ikomeye mbere ya 2010,yabigezeho itsinze ikipe ya Sassuolo ibitego 3-0 ihita yigobotora mukeba Inter Milan bari bahanganye iyiruhije amanota 2 cyane ko yagize 86 kuri 84 ya Inter yari yatsinze Sampdoria ibitego 3-0.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mama Sava ahishuye urukundo rwe na Ndimbati||Yambitswe impeta

Kuki mutambwiye ko abafana ba Manchester City ari abana babi? Man united ihorere rata