in

Lionel Sentore ashyize hanze ukuri kubyo gutandukana na Bijoux

Nyuma y’uko benshi bagiye mu rujijo kubera couple ya lionel sentore n’umukinnyi wa filime Bijou ubwo buri umwe yagiye kuri instagram agasiba amafoto y’ubukwe bwabo.

Mu kiganiro Lionel yagiranye na chita yatangaje ko ibyo benshi bagiye bavuga ko ashobora ,kuba yarashakanye na Bijoux atwike ko ataribyo kandi ngo nimba aribyo bazabibona.

Ibyo gutandukana na Bijoux yahishuye ko ataribyo ahubwo yongeraho ko amukumbuye cyane kuko badaherukana.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Sam karenzi yise Kazungu Clever imfube kubera imyitwarire ye

Kunganya na Mozambique tugatsindwa na Senegal ntacyo byatanze imbere ya FIFA