in

Kwizigira Jean Claude yavumiye ku gahera umukwikwi bita Bajyanama kubera ibyo yamukoreye muri secondary inzara imuzahaza

Umunyamakuru wa RBA ubwo yari arimo yogeza umukino wa Brazil ndetse na Cameron banyujijemo baraganira ndetse baganisha ku nda cyane cyane ubwo bigaga mu mashuri yisumbuye.

Kwizigira Jean Claude yavuze ku mutetsi wabatekeye mu mashuri yisumbuye witwa Bajyanama wajyaga abaha ibiryo bike cyane ndetse buri gihe bataka inzara ndetse uyu mutetsi akaba akiri mu kazi.

Bajyanama yaruriraga abanyeshuri bose ariko yatangaga uturyo ducye cyane aho yabanzaga agatanga byinshi yarangiza agahita abigabanya cyane.

Rugaju Reagan nawe yahise avuga ukuntu umwe mu banyeshuri bigaga ku kigo kimwe, yayobeje Indege bivuze ngo bayobeje ibiryo barabyiba babijyana ahandi.

Nange nahise nibuka uwadutekeye bita Murego mu kigo cya ES nyakabanda I Muhanga.

Wowe ninde mutetsi wibuka ku kigo cyawe? Ni akahe gashya umwibukiraho?

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
5 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
gashema
gashema
1 year ago

Abakwikwi( cookers) bagura ingeso yokugurisha ibyo burya bityo bigatuma biba bicye! Hari nabagome bisanzwe rwose akaguha bicye abishaks

Njye nize kibihekane
I rambura
Uwo bitaga hitimana yaricyago!!

Nshimirimana zabulon
Nshimirimana zabulon
1 year ago

Jewe nibuka uwo twatazira Verena(vraiment) muri kaminuza yi Burundi ,yaratanga ibiryo vyishi Bose baramukunda

FRANCE OLIVIER
FRANCE OLIVIER
1 year ago

Uwo bitaga Ruhara ku Kigeme (GS KIGEME) N’ubu duhuye namugurira agacupa (k’ububwa) ahubwo umusaza bitaga Ngoga wari imfura y’i Rwanda. Ntiwari gutaka inzara yari no kukujaburira pe

Joti
Joti
1 year ago

Uyu Bajyanama ni uw’i Bigugu tu!

Kanakuze
Kanakuze
1 year ago

Jye nibuka sekunde i Kibeho kwa Nyina wa Jambo yari ameze neza cyane

Prince kid avuze amagambo akomeye nyuma yo kuva muri gereza

Cameroon yihagazeho imbere ya Brazil isezererwa gitwari mu gikombe cy’isi