in

Prince kid avuze amagambo akomeye nyuma yo kuva muri gereza

Kuri uyu wa Gatanu nibwo Ishimwe
Kagame Dieudonne uzwi nka Prince Kid, yarekuwe . Ni nyuma y’uko agizwe umwere, kuko nta bimenyetso bikomeye ku byaha yashinjwaga birimo ibyo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato, gusaba no gukora imibonano mpuzabitsina ku gahato no guhoza undi ku nkeke bifitanye isano n’imibonano mpuzabitsina.

Agisohoka muri gereza yasanganiwe n’itangazamakuru maze agira ati “Ndashimira abantu bose bambaye hafi, abanyeretse urukundo , ariko nano mbonereho umwanya wo gushimira cyane cyane Nyakubahwa Perezida wa Repubulika.”

Yakomeje agira ati “Benshi bari baciye iteka ko ibintu byarangiye , yego Perezida wa Repubulika yababajwe n’ibyabaye ariko mu bushishozi bwe , ubunararibonye bwe yavuze ko ubutabera bukora akazi kabwo.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Noneho umwaka utaha ntuzansiga” Axel Rugangura nyuma yo guterwa igitutu ngo ko atarongora ubu yamaze gufata umwanzuro

Kwizigira Jean Claude yavumiye ku gahera umukwikwi bita Bajyanama kubera ibyo yamukoreye muri secondary inzara imuzahaza