in

Ku myaka 8 y’amavuko gusa umwana w’umukobwa yatewe inda ndetse arabyara.

Umwana w’umukobwa ukiri muto cyane witwa Luleka Mzizi yibarutse umwana muzima ku myaka ye umunani gusa nyuma y’igihe kirekire yarahishe ababyeyi be ko atwite.

Uyu mwana w’umukobwa ukiri muto ukomoka muri Malawi ngo yatangiye kwinubira ububabare bwo munda ndetse n’ubwo mu mugongo nijoro kugeza ubwo ububabare butangiye kuba bwinshi, nibwo ababyeyi be bahisemo kumujyana kwa muganga gushaka ubufasha.

Bageze mu bitaro, umukobwa yarasuzumwe nuko ahabwa igitanda, nyuma nibwo ababyeyi be babwirwa uko ameze, kuva uwo munsi bamenye ko umukobwa wabo atwite kandi afite ibimenyetso byo kubyara.
Yabyaye umwana w’umukobwa umeze neza ariko yamaze amezi 2 mu bitaro muri koma. ntabwo yigeze agaruka neza mu buryo busanzwe nyuma yo kubyara.

Ababyeyi be bise kuri urwo ruhinja, basenga basaba ko umukobwa wabo yakira vuba, nyuma y’amezi abiri nibwo yavuye muri koma ariko ntiyasohoka mu bitaro,.yamaze amezi 9 mu bitaro hanyuma mbere yo gusubira mu rugo iwabo ku babyeyi be.

Uruhinja rwavutse rufite ubuzima bwiza.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukunzi wa Meddy yongeye kumutera imitoma nyuma yo kwambikwa impeta.

Umukunzi wa Bushali yamwandikiye ibaruwa y’agahinda.