in

KNC na Emile imihigo ni myishi muma kipe bayoboye muri Rwanda prime league

KNC ubifite munshingano ikipe ya GASOGI UNITED yatangajeko afite imihigo myishi muri uyu mwaka.

Emile nawe muri APR FC Yunze murya KNC avuga ko bagiye gukora iyo bwabaga bakitwara neza nyuma yibyo bamazemo iminsi.

Ibyo byose babivuze kubera umukino ugiye kubahuza muri champion.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Perezida wa Gasogi United nyuma yo gutsinda Kiyovu Sport yatangaje umubare w’ibitego agomba gutsinda APR FC

Nyuma yo kugurisha imitungo ye, umusaza w’imyaka 60 yagiranye ibihe byiza n’inkumi iramucucura ahinduka umutindi