in

Kizz Daniel agiye gusaba imbabazi abanya-Tanzania nyuma yo kuva muri gereza

Umuhanzi Kizz Daniel wababaje abanya-Tanzania nyuma y’uko abatengushye mu gitaramo cyari kuba kuri 7 kanama bikarangira kitabaye byatumye ashyirwa muri gereza ho gato.

Uyu muhanzi wahuye n’uruva gusenya muri Tanzania agafungwa nyuma yuko adataramiye abari baje mu gitaramo yagombaga kuririmbamo, azakora igitaramo cy’ubuntu kuri uyu wa Gatanu tariki 12 Kanama 2022.

Yabitangaje mu kiganiro n’Abanyamakuru ubwo yari kumwe n’abateguye kiriya gitaramo bazwi nka Str8up.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Manzi Thierry Wanyuze mu makipe akomeye yasezerewe muri Morocco ||Haravugwa ikipe ashobora kwerekezamo mu Rwanda

Umugore wabyaye umwana ufite ubwiza bugerwa ku mashyi, yarezwe n’umugabo we ndetse acibwa akayabo k’amafaranga