in

Kirazira guhisha amabere! Hari agace abakobwa baho batajya bambara imyambaro ihisha amabere, ndetse ngo abagabo baho ntibajya babagirira irari – Amafoto

Kirazira guhisha amabere! Hari agace abakobwa baho batajya bambara imyambaro ihisha amabere – Amafoto

Muri Africa y’Epfo niho hantu hagaragara abantu bazwi nk’Abazulu (Zulu), ni abantu bafite imico yabo yihariye ndetse usanga umuco wabo barawubungabunze kugeza n’ubu.

Muri ubu bwoko, aba bantu byari bibujijwe kwambara imyenda ihisha amabere uri umukobwa kereka iyo wabaga ufite inenge yagusebya mu bantu.

Ubusanzwe Abazulu bavuga ko amabere ntakintu yakora mu gukurura ubushake bw’umugabo mu gushaka imibonano mpuzabitsina, akaba ariyo mpamvu bitajya bibangamira.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yishwe n’abana bakiri bato! Umukecuru witwa Mukarundo Elina w’imyaka 62 y’amavuko yishwe atewe amabuye bamuziza kuroga 

Yahise yisanga ahantu hashimishije: Indirimbo “Fou De Toi” ya Element, Ross Kana na Bruce Melodie yongeye kwandika amateka nyuma y’amazi atandatu ishyizwe hanze