in

Kimenyi nagire atange inkwano pee! kuko n’akomeza gutinda; Bitewe n’ibintu Miss Muyango yeretse Abanyarwanda byatumye Kimenyi ahamagazwa igitaraganya bamubwira icyo akwiye gukora mu maguru mashya -AMAFOTO

Miss Uwase Muyango witabiriye amarushanwa y’ubwiza kuri ubu akaba akora kuri tereviziyo ya Isibo TV akaba n’umugore w’umukinnyi w’umupira w’amaguru uzwi kw’izina rya Kimenyi Yve yongeye kuvugisha benshi.

Abinyujije kurukuta rwe rwa Instagram yashyizeho amafoto yambaye ipanaro y’ikoboyi igera hejuru mu gatuza maze abakunzi bamubwira amagambo atangaje.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Nta basaza nshaka ko baza”, burya yarakize ahita amwirengagiza! Amashusho ya Papa wa The Ben avuga ibyo umuhungu we yamukoreye akomeje gukora ku mitima ya benshi

“Njewe ndakubwiye ngo ndi mwene Muhuruturu wa muruna wa Se ico sico?”: Umwana bicyekwako yaba avukana na Dr Nsabi yavuze ibintu bisekeje cyane bisanzwe bizwi kuri Rumaga maze abantu baratembagara batangira kuvugishwa kubera uburyo yabivugagamo -AMASHUSHO