in

Kigali: umugabo ashatse kwica umugore we bimunaniye atwika ibintu bye byose||biteye ubwoba(Video)

Mu murenge wa Kacyiru mu mujyi wa Kigali haravugwa inkuru y’umugabo washatse kwica umugore we byamunanira akadukira ibikoresho byose byo munzu akabitwika.

Mu mashusho dukesha shene imwe yo kuri Youtube avuga ko ibi byabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki 16 Ukwakira 2021 ,aho umugore wabanaga n’umugabo mu buryo butemewe n’amategeko yashatse kwicwa biranga ,hanyuma uyu mugabo bita Sam ahitamo gutwika ibyari mu nzu byose.Abaturage bavugaga ko yitotombaga avuga ko ari bumwice ariko ngo nyuma yo gutabarwa yahise atwika ibikoresho byose birashya burundu.Abantu bahamyaga ko uyu Sam ko akoresha ibiyobyabwenge,  ndetse n’uyu mugore akaba yicuruza nkuko bagiye babigarukaho.

Bavuga ko uyu mugabo yari afite ubuhiri kuburyo yateraga ubwoba umuntu wese ushaka gutabara ,bose bikanga ko yagira uwo ahitana.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibintu abakobwa bakunda byasaze ariko bagatinya kubibwira abasore bakundana nabo

Umupasiteri yafashwe n’umugore we amuca inyuma mu rusengerero, ibyo yamukoreye ni akumiro.