in

Kigali: Indaya yavuze ukuntu bicuruza ku mafaranga ibihumbi 2,000 cyangwa 3,000 ndetse wagura inzoga bakakugabanyiriza

Abatuye mu Murenge wa Kinyinya, Akarere ka Gasabo, bavuga ko batewe impungenge n’ubuzima bw’abana bishoye mu buraya bakiri bato by’umwihariko mu gace ka Kabuhunde.

Mu mudugudu wa Kabuhunde haravugwa indaya nyinshi dore ko abasore n’abagabo baza kuzigura muri utu duce.

Ikinyamakuru IGIHE cyasuyu uyu mudugudu maze abahatuye bababwira ko ikibazo cy’indaya zicuruza cyafashe indi ntera.

Umwe muri abo bakora uwo mwuga yabwiye umunyamakuru ko bicuruza ku mafaranga ibihumbi bibiri cyangwa bitatu ndetse ko iyo uguze inzoga bakugabanyiriza.

Aka gace kandi gateye inkeke ku babyeyi baharera kuko usanga mu tuyira haba hagiye huzuyemo udukingirizo tuba twakoreshejwe n’abo bakora uwo mwuga.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bakase umuziki na we aremera: Abanyeshuri bemeje Mc Buryohe nyuma y’uko bagarageje impano idasanzwe yo kubyina(video)

Ifoto y’umunsi: Umwana wiga mu mashuri abanza yahuye n’umukobwa w’imiterere idasanzwe maze ahita atangira kwicyinisha