in

Kicukiro umugabo wataye umugore n’umwana akajya gusezerana n’undi mugore bamuzaniye umwana ari gusezerana -AMASHUSHO

Kuri uyu wa gatandatu tariki 3 Gashyantare, mu munyi wa Kigali akarere ka Kicukiro ,umugore yaje ku rusengero aho umusore witwa Nsabimana Emmanuel yari ari gusezeranira, ateza imvururu nyuma yuko uyu Nsabimana yamutanye umwana w’ukwezi kumwe akajya kwishakira undi mugore.

Uyu mugore avuga ko Nsabimana bari bamaranye umwaka n’igice babana ndetse ko babyaranye umwana ,kuri ubu akaba yari agize ukwezi kumwe.

Uyu mugore avuga ko uyu mugabo atakagombye gusezerana mu gihe adatanga indezo ku mwana we, ndetse kubera imvururu nyinshi uyu mugore yageze aho ajishura umwana amusigira abari bari aho ngo bamushyikirize Ise. Reba videwo.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inzara iravuza ubuhuha muri Bugesera FC

Ingano y’amafaranga Munyakazi Sadate yahaye Kiyovu Sports kugirango ibashe kugura amazi