in

Ingano y’amafaranga Munyakazi Sadate yahaye Kiyovu Sports kugirango ibashe kugura amazi

Ingano y’amafaranga Munyakazi Sadate yahaye Kiyovu Sports kugirango ibashe kugura amazi

Munyakazi Sadate yafashije Kiyovu Sports kugira ikine umukino yari ifitanye na Gasogi United wabaye ku munsi wo kuwa Gatandatu.

Ikipe ya Kiyovu Sports imaze iminsi imeze nabi kubijyanye n’amikoro, ikomeje kugarukwaho cyane bitewe ni uko kugeza ubu abari abayobozi bayo bagenda bayitera umugongo.

Ku munsi wo kuwa Gatandatu muri iyi wikendi ishize, Kiyovu Sports yakinnye umukino n’ikipe ya Gasogi United yari yasezeye muri shampiyona ariko igikomeje kugarukwaho cyane ni inkunga Munyakazi Sadate yahaye ikipe ya Kiyovu Sports.

Amakuru dufite avuga ko ikipe ya Kiyovu Sports ubwo yari irimo kwitegura umukino na Gasogi United yagize ikibazo cy’amafaranfa baza kwitabaza Munyakazi Sadate abahereza ibihumbi 100 yo kubafasha muri iyo myiteguro.

Uyu mukino Kiyovu Sports yiteguraga wangiye ikipe zombi zigabanye amanota ku gitego kimwe kuri kimwe cyane ko amakipe wabonaga ko anganya imbaraga kuri uyu mukino.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kicukiro umugabo wataye umugore n’umwana akajya gusezerana n’undi mugore bamuzaniye umwana ari gusezerana -AMASHUSHO

Umunyamabanga mukuru wa Rayon sports yashyize umucyo ku cyibazo cya kapiteni wabo Rwatubyaye Abdul.