in

Kicukiro: Abaturage 15 banyweye ubushera bikekwa ko bwahumanyijwe maze bubagiraho ingaruka mbi

Mu karere ka Kicukiro mu murenge wa Masaka mu kagari ka Rusheshe haravugwa inkuru y’abaturage 15 barwariye mu ngo zabo nyuma yo kunywa ubushera bikeka ko bwari buhumanyijwe.

Bivugwa ko aba baturage bari batashye ubukwe ahitwa Nyakariro mu Karere ka Rwamagana baza kunywa ubushera ariko ntibwabagwa neza.

Nyuma y’uko aba baturage ubushera banywereye mu bukwe bubaguye nabi ndetse bakaremba hahise hakekwa ko ibyo banyoye byari bihumanyije bajyanwa kwa muganga batangira kwitabwaho ku buryo ubu bose barwariye mu ngo zabo.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Burya se wari umurokore! Ifoto ya kera ya Dj briane yavugishije benshi

Abagabo 38,5% bakunda cyane amabere y’abagore