in

Abagabo 38,5% bakunda cyane amabere y’abagore

Abagabo barenga 30 ku ijana byagaragaye ko bakunda cyane amabere y’abagore, aho bakunda kuyareba ndetse no kuyakoraho baba bari mu gikorwa cyo gutera akabariro cyangwa batakirimo.

Ikinyamakuru Psychology Today yatangaje ko byibuze abagabo 38,5% bakunda cyane amabere y’abagore.

Ni mu nkuru bashyize hanze ku bushakashatsi bakoze kugira ngo bareba impuzandengo y’abagabo bakunda amabere y’abagore.
Byagaragaye ko byibuze abagabo 38.5% ari bo bakunda amabere y’abagore yaba ari ukuyakoraho no kuyareba gusa.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kicukiro: Abaturage 15 banyweye ubushera bikekwa ko bwahumanyijwe maze bubagiraho ingaruka mbi

Videwo ya weekend; Imibyinire ya Salima Mukansanga na Chriss Eazy bagaragaye babyinana akazuke yaciye ibintu i Nyarugenge