in

NdabikunzeNdabikunze

Kayonza: indaya yateye icyuma umugabo w’imyaka 36 bararanye ntayishyure.

Umugabo w’imyaka 36 wo mu Karere ka Kayonza mu Murenge wa Mukarange, yaraye atewe icyuma n’umukobwa w’imyaka 22 ukora umwuga w’uburaya nyuma yo kurarana akabura ubwishyu bari bumvikanye.

Ibi byabereye mu Mudugudu wa Buhondi mu Kagari ka Kayonza mu Murenge wa Mukarange mu Karere ka Kayonza.

Amakuru avuga ko uyu mugabo yari yagannye uyu mukobwa ukiri muto bemeranywa ibiciro, umugabo ngo yararanye na we aho akodesha mu gitondo yisatse abura amafaranga yo kwishyura bararwana birangira umugabo akomerejejwe anatabarwa n’abaturanyi b’aho uyu mukobwa aba.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi king james yatunguye abafana mu mugi rwagati ndetse abaririmbira zimwe mu ndirimbo ze (video)

Amafoto y’ibyamamarekazi yabiciye bigacika kuri instagram muri iki cyumweru