in

“Kanimba agomba gucisha make” Soleil wo muri filime ya Bamenya yagaragaye arimo atera umugeri yambaye inketo za nshingamunono maze abantu bagirira impuwe umukunzi we Kanimba – AMAFOTO

Uwase Delphine wamamaye nka Soleil muri Filime y’uruhererekane ya Bamenya yaciye igikuba kuri Instagram nyuma yo gushyira hanze amafoto ye ari gutera umugeri kandi yambaye inketo zizamuye zizwi nka nshingamunono.

Nyuma yo gusangiza aya mafoto Soleil yasangije abamukurikira ku rukuta rwe rwa Instagram, abamukurikira bahise batangira kugirira impuwe Kanimba basanzwe bakinana muri Bamenya Series bivugwa ko mu buzima busanzwe bakundana.

Hari uwagize ati “Kanimba agomba gucisha make” undi nawe yagize ati “Uyu ubu ntiyagutimbura, naho Kanimba we arakomerewe.”

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Wagira ngo n’umwana w’imyaka 18 y’amavuko: Ireberera amafoto ya Zari w’imyaka 43 ntiwayatandukanya nayi nkumi y’imyaka 18 (Amafoto)

Inkuru itari nziza ku banyeshuri bari biteze buruse muri uyu mwaka