in

Kabaye:APR FC ikomeje kubabaza abafana bayo, noneho se Adil arasobanura iki

Ikipe ye APR FC yari ifite umukino w’icyirarane uyu munsi tariki 7 Ukwakira n’ikipe ya Bugesera FC yo mu karere ka Bugesera aho ariyo yari yakiriye uyu mukino.

Gusa ibyo APR FC iboneye i Bugesera si ibyirwandai kuko bwa mbere mu mateka Bugesera itsinzi ikipe ya APR FC aho iyitsinze ibitego 2-1 cya APR FC.

Uyu mukino wari icyirarane kuko wagombaga kuba mbere ariko kubera ko ikipe ya APR FC yari mu marushanwa ya  CAF Champions league dore ko yavuyemo itarenze umutaru.

APR FC itsinzwe ku buryo ntamuntu n’umwe wahaga amahirwe Bugesera FC ko yatsinda Nyamukandagira mu kibuga ni mugihe mucyeba wa APR FC Rayon Sports ifite amanota yabo yuzuye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Breaking news:Undi mutoza wo mu ikipe yo muri Espanye arirukanwe

Umugabo yaje aririra umugore we nyuma y’ibyo indaya yamukoreye