in

Jose Mourinho umutoza w’igitangaza yakoze amateka atarakorwa n’undi wese , inkuru irambuye.

Umutoza ukomoka mu gihugu cya Portugal Jose Mourinho wagiye utoza amakipe menshi agiye atandukanye, yamaze kwandika amateka yo kwegukana ibikombe byose byaba byarakiniwe ku mugabane wose w’uburayi.

Mu bikombe bya Champions league, yegukanye bibiri byose, ibikombe bya Europa league yegukanye bibiri ndetse n’igikombe yegukanye cya Europa Conference league, cyamugize umutoza utangaje.

AC Rome atoza, yegukanye igikombe cya Conference league bituma uyu mwaka AC Rome igira igikombe ibika mu kabati nubwo byari bitoroshye.

Uyu mutoza yakunze kenshi kwiyita the Special One, cyangwa se udasanzwe gusa yaje kubigaragaza koko ko adasanzwe.

Usibye ibikombe mpuzamahanga by’uburayi, yagiye kandi yegukana n’ibindi by’imbere mu bihugu yagiye atozamo amakipe, yaba shampiyona, ibikombe by’ibihugu ndetse n’ibindi byinshi

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma yo kuvuga ko yarwanye na Satan, ibyamubayeho byatumye bemeza ko ari ukuri

Umugabo ufite igice cyo hejuru gusa yateye abantu agahinda, inkuru y’ururkundo rwe iratangaje.