in

Jeanine Noach wahoze akundana na Cyusa, imyaka ye yatangaje abantu benshi cyane

Jeanine Noach wakundanye n’umuhanzi Cyusa Ibrahim bakaza gutandukana, kuri ubu yagize isabukuru ariko imyakaye ye yatangaje abantu benshi cyane maze bacika ururondogoro.

Uyu mukobwa uzwiho kugira imiterere ikurura abatari bake yujuje imyaka 50 y’amavuko, doreko yagiye kwizihiza ibirori by’isabukuru muri Ghana.

Jeanine Noach wagize isabukuru y’imyaka 50

Dore bamwe mu bagize icyo bavuga ku myaka ya Jeanine Noach:

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umutoza wa Rayon Sports yihanije bikomeye itangazamakuru nyuma yo gukomeza kumuteranya n’umukinnyi akunda cyane

Abakunzi ba Rayon Sports bakoreye Ndizeye Samuel uri mu mvune igikorwa cy’indashyikirwa bituma benshi bemeza ko Rayon Sports imeze neza muri iyi minsi