in ,

Iyumvire ikintu kidasanzwe cyabaye mu birori byo kwizihiza isabukuru ya Malia Obama

Malia Obama, umukobwa w’uwahoze ari perezida wa leta zunze ubumwe za Amerika ariwe Barack Obama aherutse kwizihiza isabukuru ye y’imyaka 19 yanatangariwe cyane n’abantu benshi ndetse bamwe mu bafana ba Malia Obama bumvise ibyabereye muri ibyo birori barabitangarira cyane ugereranyije n’ibyari byabaye umwaka ushize muri White House ubwo Malia Obama yizihizaga isabukuru y’imyaka 18.

Related image
Barack Obama na Malia Obama barimo gucinya umuziki

Nkuko tubikesha abatasi bari mu birori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 19 ya Malia Obama muri ibyo birori nta cyo kunywa na kimwe cyigeze kigaragaramo habe n’icyo kurya na kimwe ahubwo abantu barabyinnye karahava ibi bitandukanye cyane n’ibirori byabaye umwaka ushize aho Malia Obama yari yujuje imyaka 18, ibirori byabereye muri White House aho abantu banyweye, bakarya ndetse bamwe banagwa ivutu kubera ubwinshi bw’ibinyobwa n’ibiribwa byari bihari.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru nziza: Ikipe ya Fc Barcelona imaze kugura undi munya Brasil ukomeye yifuzaga cyane

Menya ubusobanuro bw’amabara y’imyenda atandukanye abantu bakunda kwambara