in

“Iyo akanze akanyenyeri, n’abasifuzi barakabona” Umunyamakuru wa RBA, Rugangura Axel yahishuye ko hari amakipe mu Rwanda ahemba abasifuzi umushahara ku kwezi

Umunyamakuru wa RBA, Rugangura Axel, yahishuye ko hari amakipe ahemba abasifuzi umushahara ku kwezi nk’imwe mu mpamvu ituma habaho imisifurire itavugwaho rumwe muri ruhago Nyarwanda.

Nk’uko tubikesha Igihe, Rugangura yagize ati “Hari n’abasifuzi baba ku rutonde rw’abakozi bahembwa n’amakipe ‘payroll’ ku kwezi. Iyo amakipe akanze akanyenyeri, n’abasifuzi barakabona.”

Axel yirinze kuvuga ikipe runaka ibikora, gusa avuga ko ayo makipe asanzwe muri shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda mu kicyiciro cya mbere.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Liverpool ikubitiye Chelsea ahareba inzega

Juno Kizigenza yibye indirimbo y’umuhanzi ukizamuka, nyirayo arekaramye bamubwira ko ahubwo bazamurega bakamushinja ibyaha atakoze