in ,

Iyi nkunga yari ikenewe: U Rwanda rwahawe inkunga ikomeye n’igihugu cy’u Bushinwa

Igihugu cy’u Bushinwa cyatangaza inkunga ikomeye ku gihugu cy’u Rwanda igomba kuzafasha abaturage bahuye n’ibibazo by’ibiza byatewe n’imvura nyinshi yaguye mu Rwanda maze igahitana ubuzima bwabagera ku 135.

Nk’uko byatangajwe n’umujyanama mubijyanye n’ubukumgu n’ubucuruzi muri Abasade y’u Bushinwa mu gihugu cy’u Rwanda Hudson Wang yavuze ko bamaze gushyikiriza Minisiteri w’imari n’igenamigambi inyandiko zemeza ko u Bushinwa bwatanze ibihumbi 500$ byo gufasha abantu bagizweho ingaruka n’ibiza.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyamirambo: Umusore yakubitiwe mu kabari azira gukorakora umusore mugenzi we

Umukinnyi wa Rayon Sports yasabye imbabazi abatoza ndetse agera aho arira cyane adashaka kubanza mu kibuga kubera ubwoba yari afite bukomeye bw’umukino wa Final