in

Itsinda rya P Square rigiye gutaramana n’abanyarwanda

Itsinda rya P Square rigizwe n’impanga ebyiri zikomoka mu gihugu cya Nigeria bashobora guhurira ku rubyiniro n’abahanzi nyarwanda.

Iri tisinda kuri ubu ryatumiwe mu gitaramo cy’abanya-Uganda batuye muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika mu birori bakora ngaruka mwaka.

Igitaramo cya P Square kizaba ku wa 4 Nzeri 2022, aho iri tsinda rizafatanya n’abarimo Sheebah Karungi.

Florence Clay Ssemanda uyobora UNAA (Uganda North America Association) yabwiye IGIHE dukesha iyi nkuru ko uretse aba bahanzi bamaze kwemezwa, hari abahanzi nyarwanda bari mu biganiro ku buryo mu minsi iri imbere hari abazemezwa kuzitabira.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Isabukuru nziza Mama gikobwa Cyanjye cyiza” mu magambo ya kibyeyi Young Grace yifurije umwana we umunsi mwiza (Amafoto)

Amafoto y’abanyarwandakazi yabiciye bigacika kuri instagram muri iki cyumweru