in ,

Isomere ikintu Griezmann yavuze yakora aramutse abaye umutinganyi kiri kuvugisha abantu benshi

Mu kiganiro Antoine Griezmann yagiranye n’ikinyamakuru El Pais yabajijwe ku bintu byinshi ariko mu byavugishije abantu benshi harimo abazwa ku butinganyi.

Antoine Griezmann w’imyaka 26 yavuze ko aramutse abaye umutinganyi atabihisha yabishyira hanze abantu bakabimenya nubwo muri Ruhago bitaba byoroshye iyo weruye ko uri umutinganyi.Yakomeje avuga ko byoroshye kubivuga kurusha kubikora ko abakinnyi batinya kubyerura kubera gutinya amagambo y’abantu n’amagambo y’abafana muri Stade.

Justin Fashanu waje kwiyahura nyuma yo kwemera ubutinganyi

Rutahizamu w’umwongereza witwaga Justin Fashanu mu myaka ya za 90 yeruye ko ari umutinganyi nyamara kuber amagambo yabwirwaga yaje kwiyahura murin1998.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rihanna yongeye kuvugisha imbaga kubera amafoto ye (yarebe hano)

Ikipe ikomeye yo mu Bwongereza iri gushaka hasi hejuru Cristiano Ronaldo kuri miliyoni 180