in ,

Irebere  hano uko umuhanzikazi Ciney Aisha  yahindutse ndetse ubu asigaye afite…

Umwe mu bahanzikazi  bakomeye hano mu Rwanda Ciney Aisha amaze igihe atagaragara mu muziki ndetse uwavuga ko  abakunzi be n’aba muzika muri rusange bamukumbuye ntiyaba abeshye.Aisha  watangiye umuziki mu mwaka wa 2010, yagiye amenyekana kandi agakundwa  mu ndirimbo  zitandukanye twavuga nka salama, Arabizi, Tuma bavuga, Dogoni ndetse n’izindi zitandukanye.

dgasjak-horz

Kuri ubu YEGOB.RW  ifite amakuru ahamya neza ko Ciney agiye kugaruka mu muziki ndetse ngo umwaka wa 2017 azaba ashyira hanze ibihangano bishya dore ko aribwo azaba anazoje amashuli

ciney-yemeza-ko-musaza-we-ari-umuhanga-kandi-iby_umuziki-azabishobora
Ciney wa mbere

Ciney yarahindutse mu gihe kitari gito gishize atagaragara muri muzika ndetse twabonye amafoto ye yo muri iki gihe,ubu yarabyibushye  ingano y’umubiri we yariyongereye  uhereye ku kibuno ku buryo byoroshye kubiresha amaso.

anakakla
Ciney w’ubu

anakakla

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Iyumvire uko Trump atangiye guhindisha imishyitsi amahanga atarakandagira muri white House

Umuhanzi Bob Deol ati” Nje kwegezayo abigana kuririmba”