in

Inzara yatumye umugabo yitura hasi muri gare bose babireba.

Umugabo wamenyekanye ku mazina ya Kawalaata yagize isereri yituye hasi ubwo yari muri gare nshya ya i Kampala, abantu bose babireba, aho bivugwa ko yabitewe n’inzara.

Mu mashusho yashyizwe kuri twitter na Daily Monitor agaragaza bagenzi be bagerageza kumuhembura bamuha amata ariko bikaba iby’ubusa. Bavuga ko yari asanzwe atunzwe no gutwara imizigo y’abantu, ubu bikaba bitagishoboka kuko igihugu cya Uganda kiri muri Guma mu Rugo.Croix-Rouge yihutanye imbangukiragutabara ngo imwihutane kwa muganga.

https://twitter.com/DailyMonitor/status/1414866636755062784?s=19

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuraperi Rick Ross yihimuye kuri Diamond Platnumz nyuma yo kubura umugore we.

Umugabo yapfuye bitunguranye akimenya ko umwana w’ikinege afite atari uwe||umugore yamuhishe ibanga rikomeye.