in

Inkuru y’incamugongo kuri country record ibarizwamo Element

Ni mu itangazo ryatangajwe n’Ubuyobozi bwa Country Records, imwe muri studio zigezweho muri iyi minsi, rimenyekanisha inkuru y’urupfu rw’umwe mu basore bari bamaze igihe bayikoreramo uzwi nka Kinyoni.

Uyu musore witabye Imana mu ijoro ryo ku wa 17 Ugushyingo2022, ubusanzwe yitwa Niyonkuru Jean Claude, ni murumuna wa Nduwimana Jean Paul (Noopja) akaba uwa gatanu mu bana barindwi bavukana.

Itangazo ryo kubika uyu musore ryasohowe na Country Records rigaragaza ko yitabye Imana azize uburwayi aho yaguye mu bitaro bya Nyarugenge.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyaxo ni umugome pe, reba igisubizo kibajijweho na benshi yasubije Killaman ubwo yari arimo kumuratira umugore we(videwo)

“Bavuze ko mwatanye ndababara”-Umunyamakuru Edman yahishuye byinshi ku mugore we