Umunyamakuru Edman wamenyekanye ubwo yakoraga kuri television imwe mu zikunzwe hano mu Rwanda,Mu kiganiro cy’imyidagaduro.
Mu nkuru zitandukanye zagiye hanze ubwo uyu munyamakuru yerekezaga muri Canada asanze umugore we byavuzwe ko batandukanye ,gusa umugore we liza yirinda kugira icyo atangaza.
Kuri uyu munsi Edman yaciye ku mbuga nkoranyambaga ze yerekana ko akiri mu rukundo n’umufasha we ndetse bitegura kwibaruka imfura yabo.