in

Inkuru nziza, Leta yumvise ubusabe bw’Abanyarwanda yongera amasaha utubari n’ibindi bikorwa bizajya bifungirwaho bivuye ku gufunga Saa saba

Inkuru nziza, Leta yumvise ubusabe bw’Abanyarwanda yongera amasaha utubari n’ibindi bikorwa bizajya bifungirwaho bivuye ku gufunga Saa saba

Mu minsi yashize Leta yashyizeho itegeko ko ibikorwa byose by’imyidagaduro, utubari, amahoteli n’ibindi bigomba kujya bifungwa bitarenze Saa saba z’ijoro.

Gusa kuri ubu Leta yatangaje ko mu gihe cy’iminsi mikuru yo mu mpera z’uyu mwaka wa 2023, abakora ubucuruzi bw’utubari, amahoteli, utubyiniro ndetse na Resitora bongerewe amasaha yo gutanga serivisi.

Nkuko byatangajwe na RDB, ibi bikorwa bizajya bikora amasaha 24 kuri 24 muri iki gihe cy’iminsi mikuru.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ntaguca kuruhande umuhanzi The Ben mbere yo gusezerana na Miss Uwicyeza Pamella yeruye avuga ikintu uyu mukobwa afite cyamukuruye kugezaho yiyegurira umutima we wose

Azicyo ashaka! Nsanzimfura Keddy akomeje kwerekana ko impano ye idasanzwe -AMAFOTO