in

Azicyo ashaka! Nsanzimfura Keddy akomeje kwerekana ko impano ye idasanzwe -AMAFOTO

Azicyo ashaka! Nsanzimfura Keddy akomeje kwerekana ko impano ye idasanzwe.

Umukinnyi Nsanzimfura Keddy wabiciye bigacika muri Kiyovu Sports na APR FC no mu ikipe y’igihugu Amavubi gusa nyuma bikarangira nabi asubiye inyuma yifashishije imbuga nkoranyambaga ze yasangije abakunzi be amafoto ye ari gukina mu ikipe ye nshya ya Al Qanah FC yo mu cyiciro cya kabiri mu Misiri.

Keddy n’umwe mu bakinnyi beza ikipe ya Al Qanah FC isigaye igenderaho dore ko uyu musore asigaye abanza mu kibuga kandi agatanga umusaruro.

Amafoto:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru nziza, Leta yumvise ubusabe bw’Abanyarwanda yongera amasaha utubari n’ibindi bikorwa bizajya bifungirwaho bivuye ku gufunga Saa saba

Umugabo w’umugore witwa Manikuze Patricia yafunzwe azira ko yitabaye mu ijoro ubwo bari batewe n’umuntu batazi