in

Inkuru nziza ku munyamakuru Sandrine Isheja.

Umunyamakuru wa Kiss FM, Isheja Sandrine yibarutse umwana w’umuhungu akaba ubuheta mu muryango we; ni ibyishimo by’inyongera kuri uyu munyamakuru n’umugabo we Kagame Peter nyuma y’imyaka ine bibarutse imfura yabo.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 18 Ukwakira 2021, nibwo hamenyekanye amakuru y’uko Sandrine Isheja yibarutse ubuheta mu muryango we.

https://www.instagram.com/p/CVKMV9wIr9v/?utm_medium=copy_link

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ku basore batereta bikanga: mugerageze gukora ibi bintu.

Ibyo Rihanna yakoreye abafana be byagutera kutazongera kuryamira niba wabikoraga