in

NdabikunzeNdabikunze

Inkuru nziza ku bakunzi ba Active Group

Active group

Abasore batatu bagize itsinda rya Active Group aribo Tizzo, Derek na Olivis kuri ubu batangaje ko bagiye kugaruka mu muziki ariko bafitr ubujyanama bwa Dondada Entertainment.

Mu kiganiro bagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa 2 batangaje ko bagiye kongera gushimisha abakunzi babo babaririmbira indirimbo nyinshi bazakunda. Ibi bibaye mu gihe hashize iminsi aba basore basabwa kugaruka mu muziki na benshi mu byamamare ba hano mu Rwanda.

Active group

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ifaranga ryitiriwe Squid Game ryatumye hibwa akayabo !

Ku nshuro ya mbere hagiye kubaho irushanwa rya Mr Rwanda||ibihembo bizahabwa umusore uzahiga abandi.